in

Ben w’imyaka icyenda avuze amagambo adasanzwe kuri Zari The Boss Lady ubwo yabazwaga ku myambarire ye

Ben w’imyaka icyenda avuze amagambo adasanzwe kuri Zari ubwo yabazwaga ku myambarire ye.

Uyu mwana Ben ni mu kiganiro yari yatumiwemo ubwo yari ari kumwe na se, bombi bari batumiwe na Phil Peter.

Ubwo uyu mwana muto cyane yabazwaga kubijyanye n’abasley Queen mu Rwanda we yahise akomoza kuri Zari the Boss Lady wo mu gihugu cya Uganda.

Yagize ati:”ngewe mba mbona imyambarire ya Zari idahesha Imana icyubahiro kuko Usanga yiyambika Ubusa bigacumuza n’abantu benshi.”

Uyu mwana yakomeje gutungurana kubera amwe mu magambo y’abantu bakuze yakomezaga kuvuga kandi mu byukuri ari umwana w’imyaka 9 gusa.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sport yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomeye washakwaga n’amakipe menshi hano mu Rwanda

Amakuru mashya: Umuriro watse hagati ya Rocky na Generous 44 waretse umuziki