in

“Bazatsindwa umunsi umwe” Klopp yageneye ubutumwa bukomeye Real Madrid.

Nyuma y’uko Real Madrid imaze gutwara ibikombe bya Champions league inshuro 14 zose, mu mitwe y’abantu hakomeje kujyamo ko ishobora kuba ifite ibitangaza ikoresha kugirango yegukanye bino bikombe.

Ibi kandi bikaba byarashimangiewe na Crourtoi mbere y’umukino wayihuje na Liverpool aho yatangarijeko Final zitsindwa zidakiywa, ibingibi bikaba bitizerwa na Jurgen Klopp.

Jurgen Klopp akomeje gutega iminsi Real Madrid ashimangirako ari igihe kitaragera naho ubundi nayo umunsi umwe izatsindwa.

Mu kiganiro yagiranye na The Sun yatangajeko atari ibitangaza gutwara ibikombe byinshi yemeza ko  na Liverpool ifite ibikombe byinshi bya Premier league.

Yemeza ko umunsi umwe izatsindwa kandi igatsindwa na Liverpool.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’abastar nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru

Pastor Théogene yahaye impano ikomeye umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi (Amafoto)