in

Pastor Théogene yahaye impano ikomeye umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi (Amafoto)

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Nirisarike na we yashimiye Pastor Théogene ku mpano nziza yahawe. Ati “mwakoze cyane Pastor Théogene ku mpano nziza mwampaye.”

Nirisarike Salomon akaba ari muri gahunda zo kubona ikipe nshya, ni nyuma y’uko aheruka gutandukana n’ikipe ye ya Urartu FC.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Bazatsindwa umunsi umwe” Klopp yageneye ubutumwa bukomeye Real Madrid.

Umugore yakubiswe n’inkuba nyuma y’inkuru yaramenye ku mugabo we