in

Bavuka ari barebare bagakura ari bagufi| Batubwiye uko babayeho| Ubuzima ntabwo buboroheye

Clémentine n’abana be 3

Umubyeyi witwa Clémentine utuye i Nyabinoni ho mu Karere ka Muhanga yavuze uko abayeho nyuma yo kubana n’ubunuga bw’ubugufi yavuze ko bwagiye buza uko yagiye akura. Ni mu kiganiro yagiranye na Afrimax Tv.

Muri iki kiganiro, uyu mubyeyi yavuze uko abayeho we n’abana be 3. Yavuze ko ubuzima butaboroheye dore ko we n’abana be babiri bafite ubumuga bw’ubugufi. Uyu mubyeyi yavuze ko umwana we mukuru w’imyaka 23 afite ubumuga bw’ubugufi bukaba bwaragiye bwiyongera uko yagiye akura kuko yavutse neza nk’abandi bana gusa uko yagiye akura yagiye agenda aba mugufi.

Uyu mubyeyi yavuze ko mu muryango we Mama we umubyara ariwe wari mugufi gusa dore ko basaza be bose ari barebare.

Uwifuza kuba yaha ubufasha uyu muryango, mwabahamagara kuri 0732395568.

Clémentine n’abana be 3

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Anita Pendo agiriye inama Kimenyi Yves na Muyango bitegura kwibaruka umwana wabo w’imfura

Kigali: Umumotari yaburiye ubuzima mu mpanuka ikomeye| Asize umugore n’abana 5| Tubafashe