in

Anita Pendo agiriye inama Kimenyi Yves na Muyango bitegura kwibaruka umwana wabo w’imfura

Anita Pendo agiriye inama Kimenyi Yves na Miss Uwase Muyango bitegura kwibaruka umwana wabo w’imfura. Ni mu gihe hashize iminsi mike hagiye hanze amafoto agaragaza Miss Muyango akuriwe ndetse bigaragara ko mu minsi ya vuba azibaruka.

Mu kiganiro Magic Morning, Anita Pendo yagiriye Kimenyi Yves inama mu magambo akurikira: « Icyo nabwira Kimenyi ni ugufata amafaranga agakora ikintu icyaricyo cyose gishoboka gishobora guhuza imiryango yabo bose, nko kujya ku Murenge cyangwa se ikindi ».

Naho Miss Muyango we Anita Pendo yavuze ko we kuri ubu akeneye kwitabwaho no kurindwa ibintu ibyaribyo byose bishobora kumutesha umutwe mbese agahabwa amahoro asesuye nka buri mubyeyi wese utwite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nakundanye n’umusore antera inda none iwabo banze ko tubana ngo ndi ikirara| Mbigenze nte?

Bavuka ari barebare bagakura ari bagufi| Batubwiye uko babayeho| Ubuzima ntabwo buboroheye