in

Bavuga ko uwagukoye ntaho atagukora! Zuchu yavuze ibintu Diamond yemerewe gukoresha ibice bye by’umubiri ntaho ahejwe

Nyuma y’amakuru avuga ko Zuchu ashobora kuba yitwaza ibitaramo no kuba ari muri Lebal ya Simba akamwita uwe, yongeye gushimangira ko umubiri we ari uwa Diamond ndetse ko yemerewe kuwukoresha icyo ashaka.

Ubwo bari mu gitaramo cya Wasafi Festival, Diamond na Zuchu bahuje imbaraga baririmbana indirimbo bahuriyemo bafatanya n’abfana babo kwishimana.Nyuma yo gutarama bagiye gusoza bombi barahoberanye maze bahuza urugwiro abafana bipfuka mu maso.Bakiva ku rubyiniro abanyamakuru baranditse abandi bavuga ko Zuchu yaciye igikuba.

Ubwo baririmbaga, Zuchu yasubije abantu bavuga ko Diamond Platnumz akoresha umubiri we gusa byonyine, bakanemeza ko atamugira umugore.Zuchu kandi yavuze ko abantu baba bashaka ko areka Diamond Platnumz akamusiga wenyine, batazigera babigeraho kuko ngo niba batekereza ko aba arimo kumukina arintacyo bitwaye yongeraho ko :”Umubiri wanjye ni uwa Diamond yawukoresha icyo ashaka”.

Zuchu yagize ati:”Baravuga ngo Simba ni imbwa, mureke akine nanjye, umubiri wanjye ni uwe”. Aya magambo yayavuze arimo kuririmba ndetse yishimanye n’abafana be.

Si ubwambere aba bombi bari berekanye urukundo mu gitaramo hagati by’umwihariko mu bitaramo bya Wasafi Festival.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari abarimutukiye! Mu ibanga rikomeye cyane hamenyekanye inkomoko y’ahantu umuhanzi Niyibikora Safi yakuye izina ‘Madiba’ bigatuma amenyekana nka Safi Madiba

Yatumye avuga i Kinyarwanda: Indirimbo ya Chriss Eazy na Shaffy yishimiwe bikomeye n’umushinwa wayibyinaga mu buryo budasanzwe -AMASHUSHO