in

“Batudabagije”: Rigoga Ruth yicinye icyara nyuma yo kumenya inkuru nziza yatangajwe na Polisi y’u Rwanda

“Batudabagije”: Rigoga Ruth yicinye icyara nyuma yo kumenya inkuru nziza yatangajwe na Polisi y’u Rwanda.

Umunyamakurukazi Rigoga Ruth ukorera itangazamakuru ry’Igihugu yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yishimiye bikomeye kuba Polisi y’u Rwanda yashyizeho ibyapa biburira abayobozi b’ibinyabiziga mu gihe batwaye imodoka.

Iki cyapa kiburira umuntu wese utwaye ikinyabiziga maze cyikamufasha kumenya ahantu hari kamera zimwe zizwi ku izina rya Sofiya.

Rigoga yagaragaje ko anyuzwe no kuba Polisi yashyize icyo cyapa mu muhanda anagaragaza ko umuntu iyo kamera izongera gufata azaba yizize anaboneraho kandi kwibutsa abantu ko gahunda ari Gerayo Amahoro.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuriro uratse i Nyarugenge: Umuhanzi Afrique wari waragiye kureba Shadia yamuzanye -AMASHUSHO

Ikipe ya APR FC igiye kwitegurira Shampiyona ku ikipe bihanganye mu buryo bukomeye nubwo bidakunze kubaho