in

“Basanze ageze ku k’inyuma” Abakiristo bariye karungu nyuma yo gusanga Umugabo n’umugore bari gusambanira mu rusengero rwa bo

“Basanze ageze ku k’inyuma” Abakiristo barahiriye ko batazasubira mu rusengero nyuma y’uko basanze Umugabo n’umugore bari kurusambanira mo

Muri Uganda aba Cristo b’itorero “Church of Uganda” barahiriye kutazongera kujya gusengera mu rusengero rwaryo ruherereye mu gace ka Bugonya ho mu karere ka Kayunga nyuma yo gufatira mo umugore n’umugabo bari gusambanira mo.

Aba bakristo ku wa Gatatu babwiye Daily Monitor ko batazigera basubira muri ruriya rusengero, kugeza igihe ubuyobozi bwa ririya torero buzategurira amasengesho yihariye bakirukana abazimu n’imyuka mibi aba basize mo.

Bivugwa ko abafashwe basambanira muri ruriya rusengero ari umugabo w’imyaka 23 y’amavuko usanzwe ari umugatolika ndetse n’umugore w’Umiyisilamukazi, aba bombi bafashwe mu masaha ya saa mbiri z’ijoro.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Rayon Sports yaherewe i gihembo muri Uganda _ AMAFOTO

Milton Karisa uvugwa muri APR FC yakusanyije ibihembo mu muhango wo guhemba abeza muri Uganda