in

Baryanye iminwa rubura gica! Umunyamakurukazi Esca Fifi n’umugabo we bakorana kuri Radio&TV10, ku munsi w’ubukwe bwabo basomanye bimara ipfa – VIDEWO

Umunyamakurukazi Esca Fifi ukora mu ishami ry’Iyobokamana ndetse na Siporo yasezeranye na Furaha Giovanni we akorera mu ishami ry’amafoto n’amashusho kuri Radio&TV10.

Ubwo ubukwe bwabo bwari burimbanyije, abari aho basabye abageni gusomana, maze Esca Fifi afata umugabo we barasomana byanyabyo bimara ipfa.

Ni ubukwe bwabaye ejo ku Cyumweru tariki 7 Nyakanga 2024, bubera mu busitani bwa Kigali Parents School.

Mbere yo kureba iyo videwe, hari andi makuru agenewe umuntu wese ufite imbuga nkoranyambaga ushaka kuzikoresha zikamwinjiriza amafaranga atubutse. Kanda kuri iyo link wiyandikishe: https://share.clickrwanda.com/advert/544665ab-6f98-4e08-88ad-2677b36614b0?ref=agent_133

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iteganyagihe! Dore ibice bimwe by’u Rwanda biragwamo imvura muri iri joro

Sitade Amahoro izakira imikino ibiri gusa ya Shampiyona ya 2024-2025