in

Bari kugenda nka zombie! Abanyeshuri barenga 90 barembeye mu bitaro nyuma y’indwara idasanzwe yabafashe igatuma bamera nka Zombie (VIDEWO)

Bari kugenda nka zombie! Abanyeshuri barenga 90 barembeye mu bitaro nyuma y’indwara idasanzwe yabafashe igatuma bamera nka Zombie.

Mu gihugu cya Kenya abanyeshuri barenga 90 bajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo gufatwa n’imdwara itaramenyekana.

Iyi ndwara yafashe abanyeshuri bo mu ishuri ry’abakobwa ‘Eregi Girls School’ aho bari kugorwa no kugenda.

Abanyeshuri bafashwe n’iyi ndwara, bari kugaragarwaho kugenda nka zombie zizwi muri sinema.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa Rayon Sports yakoze icyo abakunzi b’iyi kipe bifuzaga nyuma yo kubona umutoza Yamen Zelfani atoje nabi bagatsinda na Al Hilal Benghazi

Mu gakanzu k’umutuku kamufashe kuva hasi kugera hejuru Mutesi Jolly yeretse abasore ko million 12 z’inkwano zitaba zipfuye ubusa