in

Bari bashimuse ubukwe bw’abandi! Bishop Gafaranga yatashye ubukwe bw’inshuti ye ariko we n’umugore we bari babugize nk’ubwabo

Bari bashimuse ubukwe bw’abandi! Bishop Gafaranga yatashye ubukwe bw’inshuti ye ariko we n’umugore we bari babugize nk’ubwabo.

Mu mpera z’iki cyumweru dusoje nibwo Martin inshuti magara ya Bishop Gafaranga yakoraga ubukwe n’inshuti ye.

Ubwo ubu bukwe bwabaga, Gafaranga yari yabutahanye n’umugore we usanzwe ari umuramyi, Annette Murava.

Muri ubu bukwe aba bombi bari bisanzuye bidasanzwe wagira ngo nibo bageni.

Ni ubwa mbere kandi Gafaranga na Annette bagaragaye mu ruhame rw’abantu benshi nyuma y’uko bakoze ubukwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa induru yayihaye umunwa! Gisenyi, umusore n’inkumi bateye akabariro maze umukobwa arataka cyane

Dore urutonde rw’uko aba miss bagiye basimburana mu Rwanda kuva 2015