in

Barawukata bigatinda! Mu Rwanda bwambere hatangijwe akabyiniro k’abarokore kiswe “Gospel club” ndetse abantu bari benshi – videwo y’abarokore muri Club

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye inkuru ko mu Rwanda hagiye gutangizwa akabyiniro kiswe Gospel Club, aho abantu bakunda Gospel bazajya bahurira bakabyina.

Kuri ubu aka kabyiniro kamaze gutangizwa mu Rwanda ndetse bigaragara ko abantu bitabira ari benshi, bagafatanya guhimbaza Imana. Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Vugana na King James cyangwa Papa Sava nibo mungana? Umukobwa akomeje kwereka abahisi n’abagenzi imyaka ye agisha inama y’icyo yakora none yagiriwe inama itari agacecuru -IFOTO

Dj Brianne yerekanye ibintu byatumye abantu bayavuga -AMAFOTO