in

“Baravuze ngo hari videwo, ngira ngo ngiye kureba videwo Isi irimbuka, hahiye!” Mutesi Scovia yavuze ko yabonye ikimenyetso gishya cyatumye urubanza rwa Titi Brown rusubikwa ku nshuro ya 6 aratangara – VIDEWO

Umunyamakuru Mutesi Scovia yavuze ko yabonye ikimenyetso gishya cyatumye urubanza rwa Titi Brown ukurikiranyweho gusambanya umwana utagejeje imyaka y’ubukure, rusubikwa ku nshuro ya 6 aratangara.

Uyu munyamakurukazi yavuze ko ubwo byari byitezwe ko urubanza rw’uyu mubyinnyi rusomwa, yari ari mu rukiko maze atungurwa no kumva ko rusubitswe ngo kuko hari ikimenyetso gishya cyabonetse.

Ikimenyetso cyatumye rusubikwa ngo ni uko hari amashusho yagaragaye Titi Brown abyinana n’uwo mukobwa watewe inda.

Scovia avuga ko Urukiko rukwiye gufata bamwe mu bagize umuryango w’uyu mukobwa bagapima DNA zabi ngo kuko bikekwa ko aribo bateye inda uwo mwana.

Reba Video aho hasi:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakuyemo akayo karenge! Kiyovu Sports Association yakuyeho ikitwa Kiyovu Sports Company yari iyobowe na Juvenal Mvukiyehe

Kazungu Denis ukurikwiranweho kwica abantu 14 amagambo yabwiye Umucamanza ari mu byatumye ahita asabirwa kujyanwa i Mageragere – Impamvu Urukiko rwasabiye Kazungu gufungwa by’agateganyo