in

bararirimba Messi, Cristiano agiye gufungwa cyangwa yirukanwe ku butaka bwa Saudi Arabia

Ronaldo yafashe Myugariro wa Al Hilal Gustavo Cuéllar asa n’umugonda ijosi amukubita hasi nk’uko abakina “Catch” babigenza iyo baturana hasi. Umusifuzi Michael Oliver yamuhanishije kumuha ikarita y’umuhondo.

Ibi uyu rutahizamu w’imyaka 38 yakoze, byababaje bamwe mu batuye iki gihugu, barimo Umunyamategeko Prof. Nouf bin Ahmed wavuze ko agomba kumusabira kwirukanwa.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yagize ati “Ntabwo nkurikira imikino. N’iyo yaba yenderejwe n’abafana, ntabwo ari bwo buryo yakwitwara. Imyitwarire yagaragaje igize icyaha.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Niba wabitekerezaga bizinukwe: Dore abantu bagerageje guhindura uko bavutse bikabagwa nabi

Ni mutembanshyushyu: Uburanga bwa Kayumba Darina wabaye igisonga cya Muheto bwongeye gufata bugwate urubuga rwa Instagram (AMAFOTO)