in

Barangajwe imbere na Perezida ikipe ya Rayon Sport isesekaye i Kigali itarwiyambitse

Barangajwe imbere na Perezida ikipe ya Rayon Sport isesekaye i Kigali itarwiyambitse.

Kuri uyu munsi ikipe ya Rayon Sport yageze i Kigali ivuye muri Libya aho yagombaga gukina umukino na Al Hilal Benghazi ariko bikarangira umukino utabaye kubera ibiza byibasiye kiriya gihugu.

Abakinnyi bahawe umunsi umwe w’akaruhuko, bazahita batangira imyitozo nkuko bisanzwe ndetse banitegura kuzakina niyi kipe tariki ya 24 Nzeri 2023.

Imikino yombi ubanza n’uwo kwishyura yose izabera i Kigali, uwambere uzaba kuwa 24 Nzeri 2023 uwo kwishyura ube kuwa 30 Nzeri 2023.

Amafoto.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni wigize kurazwa muri stade mu gihe cya Covid 19 akomeje yongeye kurikoroza ku mbugankoranya mbaga

Itunzwe na bake! Imodoka ya Papa Miguel na Mama Miguel yakwigonderwa na bake muri iyi Kigali