in

Umugeni wigize kurazwa muri stade mu gihe cya Covid 19 akomeje yongeye kurikoroza ku mbugankoranya mbaga

Umugeni wigize kurazwa muri stade mu gihe cya Covid 19 akomeje kurikoroza ku mbugankoranya mbaga

 

Igihe kitari kinini cyane kirashize icyorezo cya Covid 19 kizahaje u Rwanda, Africa ndetse n’Isi yose.

 

Ubwo iki cyorezo cyari cyarakajije umurego mu Rwanda, hatowe itegeko ryuko hari amasaha atagomba kurenzwa abaturage bari mu muhanda, hari ubwo byabaye Saa kumi, Saa kumi n’imwe, Saa kumi n’ebyiri nandi masaha.

 

Iyo wafatwaga warengeje amasaha wararaga muri stade rimwe na rimwe ugatanga n’amande.

 

Ikintu abantu benshi bakomeje kwibukiraho ibi bihe byo kurara muri stade ni umugeni wigize kurazwa muri stade n’abamutahiye ubukwe.

 

Ubukwe bw’uyu mugeni bwari bwarenze ku mategeko yo kwirinda Covid 19 muri kiriya gihe.

Ndetse ikindi kintu abantu bakomeza kwibukiraho Covid 19 nuko ariyo nyirabayazana w’inzara iri mu Rwanda kubera izamuka ry’ibiciro ku biribwa .

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga bavuga ko aba bageni bari kubabarirwa byibuza bakajya kwishimira umunsi wabo, abandi nabo bakavuga ko bari babikwiriye kuko bari barenze ku mategeko bari gushyira mu kangaratete Abanyarwanda bose.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abayobozi bo muri APR FC bakozwe ku mutima n’ubutumwa Kapiteni Haruna Niyonzima yageneye abasore b’iyi kipe bagiye guhangana na Pyramid FC

Barangajwe imbere na Perezida ikipe ya Rayon Sport isesekaye i Kigali itarwiyambitse