in

Barambiwe kugenda bahekeranye mu tumodoka twa macye: Ikipe ya Rayon Sports yanze ku baho nta Bus itunze ubu igiye kumanura iyigikoko mumurwa

Ikipe ya Rayon Sports yanze ku baho nta Bus itunze ubu igiye kumanura iyigikoko mumurwa

Hashize igihe kingana n’imyaka ibiri Rayon Sports yambuwe Bus na Company ya Akagera motors nyuma yo gusinyana amasezerano bikabananira kuyubahiriza.

Gusa kuri iyi nshuro hari amakuru avuga ko Rayon sports igiye gutumiza indi Bus karundura ishobora kuzaza mbere y’uko umwaka w’imikino 2022-2023 utangira.

Amakuru ahari kandi ashimangira ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kumvikana n’Umushoramari w’umunya Kenya ugomba kubagurisha iyi modoka izajya itwara abakinnyi ndetse bazayishyura mu byiciro, mu gihe kingana n’imyaka 5.

Rayon Sports igiye kwakira iyi modoka mu gihe hari n’indi yari yaraguze na Akagera Motors ariko inanirwa kuyishyura karayisubiza.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho bazajya bagenda baniryamiye! Ikipe ya Rayon Sports iri mu bihe byayo igiye kugura imodoka nshya ikiri mu mashashi izajya itwara abakozi bayo bameze nk’abari muri Hotel y’inyenyeri 5

IGOR MABONO n’abandi bashyizwe kurutonde rw’abagize uruhare mukuzamura abacuranzi mu Rwanda mu rwego rwo kubategurira AWARD