in , ,

Bamwe Ntibifuzako Koffi Olomide Akorera Igitaramo Mu Rwanda Kuberako Ashinjwa Gufata Kungufu

Biteganyijwe ko umuhanzi Koffi Olomide azataramira abanyarwanda mugitaramo kizaba tariki 4 zukwa 12 muri Kigali Arena. Gusa kugeza ubu, bamwe bakaba batangiye kwamagana iki gitaramo bavugako bidakwiye ko Koffi Olomide aza gutaramira mu Rwanda mugihe yagiye ashinjwa icyaha cyo gufata kungufu mubihe bitandukanye.

Bamwe mubaharanira uburenganzira bw’igitsinda gore bakaba bari gukoresha imbuga nkoranyambaga berekana ko batishimiye iki gitaramo ndetse basaba ko bibaye byiza cyasubikwa.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Sentore mu magambo yuzuye urukundo atatse Bijoux turumirwa

Ubushakashatsi Bugaragazako Ko 15% By’abana Bari Hagati Y’imyaka 13 na 24 Mu Rwanda Babaye Abasinzi