in

Bamwe mu byamamare bari bitabiriye umugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Yanga witabye Imana (Amafoto)

Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umugoroba wo kwizihiza ubuzima bwa Yanga witabye Imana muri iki cyumweru azize uburwayi.

Muri uyu mugoroba bamwe mu byamamare bikomeye mu myidagaduro yo mu Rwanda bari bitabiriye uyu mugoroba wateguwe mu rwego rwo kwizihiza ubuzima bwa Yanga.

Bamwe mu byamamare byahageze harimo nka Rocky Kimomo wakomeje umwuga wa Yanga, Bahavu Jeanette n’umugabo we Fleury Legend, Rider Man, LuckyMan ukora kuri RBA, Mico The Best, Uncle Austin ndetse n’abandi benshi cyane.

Muri uyu mugoroba kanadi Pasteur Mutesi niwe wasangije abari aho ijambo ry’Imana mu gihe Pasteur Frank ari we wasoje asengera uwo mwanya mwiza.

Pasiteri Frank
Pasiteri Mutesi

Yanga yitabye Imana ku wa Gatatu w’iki cyumweru turi gusoza muri Africa y’Epfo azize uburwayi bw’umwijima.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umubyinnyi wa Eddy Kenzo wari wambaye isume yaciye ibintu(video)

Rayon sport yatanze ubutumwa bukomeye ku makipe bahanganye