in

Bamwe mu bakora umwuga w’uburaya n’ubupfubuzi bagiye guhagurukirwa kubera icyaha gikomeye bakomeje gukorera bamwe mu ba kiriya babo

Bamwe mu bakora umwuga w’uburaya n’ubupfubuzi bagiye guhagurukirwa kubera icyaha gikomeye bakomeje gukorera bamwe mu ba kiriya babo

Mu gihe abiyita abapfubuzi n’indaya bashinjwa gusenya ingo z’abandi si ibyo gusa kuko hari bamwe bitwaza ko baryamanye n’abakiriya babo bagashaka kubataranga muri sosiyete.

Aba bakora umwuga w’uburaya n’abandi biyita abapfubuzi bo mu karere ka Muhanga nibo badukanye iyi ingeso yo gusaba amafaranga y’umurengera abakiriya babo, babakangisha ko bashyira amabanga yabo hanze.

Gusa n’ubwo bimeze gutya abanyamategeko batanze umuburo ku babikora ko icyo ari icyaha kiri mu byaha bihanwa n’amategeko n’amategeko y’urwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rusizi habaye impanuka: Umushoferi wa Kompanyi imwe itwara abantu hano mu Rwanda yaparitse imodoka ashiduka yitwaye igwa mu mpanga ijyana n’abari ba yirimo

FERWAFA yashyizeho uburyo impano z’abana b’abanyarwanda bakina umupira w’amaguru zigiye kwigaragaza binyuze mu makipe yo mu kiciro cya mbere muri shampiyona y’u Rwanda