in

Bamuzaniye amata ariko biringa! Mu mujyi w’akarere ka Ruhango umugabo yapfuye amarabira

Mu mujyi w’akarere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umugabo witwa Hagenimana Stiven witabye Imana azize umuriro w’amashanyarazi.

Uyu mugobo wari uri gukora akazi k’ikiyede aho yari ari gukata icyondo muri imwe mu nzu yari iri gusanwa mu mujyi wa Ruhango, urutsinga rw’amashanyarazi rwaje kugwa maze arusamye ruhura n’amazi y’icyondo yari akandagiyemo atangira gutabaza.

Nyir’inzu yatangarije BTN dukesha iyi nkuru ko ubwo uyu muriro wamufataga, yatabaje avuga ati “Muntabare umuriro uranyishe” ubwo baje maze umwe mubo bakoranaga aba amukubise umugeri agwa hasi, bamuzanira amata gusa basanga yamaze kugaragara.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye Abdul agiye guhura n’ikibazo gikomeye! Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha IJIGO rigomba kwicaza Rwatubyaye Abdul

Rayon Sports igiye kugura imodoka idafitwe n’indi kipe iyo ari yo yose hano mu Rwanda kubera ingano ya Milliyoni ihagaze