in

Bakomeje kuvomera mu cyiva! Myugaririro w’ikipe y’igihugu Amavubi n’ikipe ye yo hanze y’u Rwanda bakomeje kwerekana urwego ruri hasi nyuma yo gutsindwa ibitego n’ikipe nto yo mu Rwanda itagitsindwa

Bakomeje kuvomera mu cyiva! Myugaririro w’ikipe y’igihugu Amavubi n’ikipe ye yo hanze y’u Rwanda bakomeje kwerekana urwego ruri hasi nyuma yo gutsindwa ibitego n’ikipe nto yo mu itagitsindwa.

Ikipe ikinamo myugariro w’umunyarwanda, Mutsinzi Ange ya Fkjerv ntabwo ikomeje guhirwa kuko ku munsi w’ejo yatsidwaga na KSUM Oslo ibitego 6-2 mu mukino wa shampiyona.

Kuri ubu iyi kipe ikina shampiyona y’icyiciro cya 2 muri Norway iri ku mwanya wa 12 mu makipe 16 ku rutonde rwa shampiyona, umukino utaha bawufite kuwa 6 w’iki cyumweru gusa ntabwo Mutsinzi Ange bazaba bamufite kuko azaba yaje mu Mavubi gukina umukino wa Senegal.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Umugeni yagendaga mu muhanda n’amaguru y’ambaye agatimba ateruye n’umwana maze ahuye na Aline Gahongayire bimukora ku mutima ahita amutwerera (AMAFOTO na VIDEWO)

Ibintu agiye kubishyira ku rundi rwego: The Ben nyuma yo gupfusha umubyeyi we yateguje igitaramo kidasanzwe