in

Bahereye ku murongo! Urubyiruko rwari rufite ibisatsi n’ibinyogosho bidashamaje, rwogoshwe ku ngufu n’abayobozi (AMAFOTO)

Urubyiruko rwari rufite ibisatsi n’ibinyogosho bidashamaje, rwogoshwe ku ngufu barusigira urupara gusa (AMAFOTO)

Abakozi bo muri leta ya Borno ya Hisbah bogoshe ku gahato imitwe y’urubyiruko bari bafite imisatsi idashimishije.

Ku wa mbere, tariki ya 24 Mata 2023, umuyobozi mukuru wungirije, Mal, Abdurahaman Musa, mu itangazo yashyize ku rubuga rwa Facebook rw’inama y’ubutegetsi, yavuze ko imisatsi y’urubyiruko ari iy’ubusambanyi, idakurikiza idini ya Isilamu kandi ko itandukanye n’umuco w’igihugu.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yamuriye bunyama: Umugore yabaze umwana we w’imyaka ibiri maze amuryamo inyama

Ahora ashinze: Umumaro mutajya mumenya wo kwambara Isutiye ku bagore n’abakobwa