in

Bahati Makaca yakije umuriro kuri Fatakumavuta amwibutsa ko nta bukwe yakoze nubwo yirirwa yinjirira ingo z’abakoze ubukwe

Bahati Makaca yakije umuriro kuri Fatakumavuta amwibutsa ko nta bukwe yakoze nubwo yirirwa yinjirira ingo z’abakoze ubukwe.

Mu kiganiro na MIE, Bahita yasubije Fatakumavuta wavuze ko yakorewe ubukwe na showbiz nyarwanda.

Mu kiganiro Fatakumavuta yakoze, yavuze ko Bahati yarongoye umudiyasipora w’umukene kugeza n’aho ubukwe abukorewe na showbiz nyarwanda.

Mu kumusubiza, Bahati yibukije Fatakumavuta ko atigeze akora ubukwe ko ahubwo yagiye mu murenge gusa.

Mu gusobanura neza, Bahati yabajije Irene wari uyoboye ikiganiro niba mu murenge batwerera? Aho yaboneyeho kuvuga ko we yatwererewe mu bukwe nyirizina kuko yabukoze mu gihe Fatakumavuta ntabwo yakoze.

VIDEWO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kunnyuzurwa mu banyeshuri ntibiracika! Nyanza: Abanyeshuri 50 birukanywe icyarimye kubera ingeso itari nziza

Mu burakari bwinshi, KNC yahaye ubutumwa Vandame watangaje amagambo yamubabaje cyane – VIDEWO