in

Baca umugani ngo ‘Akiziritse ku muhoro birangira kawuciye’! Umuhanzikazi Celena Gomez akomeje kwizirika ku mwana abyaye ibyo yamukoreye ntibisanzwe -AMAFOTO

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje inkuru y’urukundo rw’ibanga rwaba ruri hagati ya Rema na Selena Gomez bakoranye indirimbo bise “Calm down” remix.

Nyuma y’iminsi Selena Gomez atatse Rema akavuga ko yamuhinduriye ubuzima kuva bakorana indirimbo ndetse ahamya ko amukunda ubuziraherezo.

Icyakora n’ubwo byari byafashwe nk’urukundo rw’ubushuti Busanzwe, Selena Gomez yongeye kugaragaza intege nkeya mu ijoro ryakeye ubwo begukanaga igihembo cy’indirimbo yahize izindi muri Afrobeat mu bihembo bya MTV MVAs.

Mu mafoto yafashwe, Selena Gomez yagaragaje areba akana ko mu jisho Rema, ahandi amuryamyeho muri make agaragaza ibyiyumvo bye.

Ku buryo bamwe badatinya kuvuga ko urukundo rwatangiye kumuganza.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko ibyo abantu bavuga kuri APR FC nibyo! Hamenyekanye amakuru y’uburyo ikipe ya APR FC yamaze gutwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda kandi aribwo igitangira

Yaruhiye ubusa! Ikipe ya Rayon Sports yageze muri Libya umukino uhita usubikwa