in

Babigaragaje no mu bukwe! Ikipe ya APR FC yifurije urugo ruhire Providence wasezeranye n’umugabo we bombi bakaba ari abafana bayo bakomeye cyane – AMAFOTO

Ikipe ya APR FC yifurije urugo ruhire abafana bayo bakomeye, aribo David na Providence basezeranye kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2023.

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, APR  FC yagize itu “Twifurije urugo ruhire abafana ba APR bakomeye David ndetse na Providence. Muzahorane ibyishimo mu rugo rwanyu.”

David asanzwe agaragara buri hantu hose APR FC yakinnye, aho agenda yisize amarangi y’iyi kipe yihebeye none yanabigaragaje mu bukwe bwe na Providence kuko bari bambaye agatambaro kanditsiho ‘APR FC’.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Stade yuzura kuko abenshi baba baje kumureba aho kureba umukino! Umutoza Sydney Carter ukurara abagabo ku kibuga kubera imyambarire n’ubwiza bwe bihebuje yagize isabukuru y’amavuko (AMAFOTO)

Nyuma y’umunsi umwe gusa Miss Erica apfuye none undi muhanzi nawe yitabye Imana! Inkuru ibabaje y’urupfu rw’umuhanzi Sam waririmbye indirimbo yise ‘Kiradodora’ yabiciye bigacika