Itsinda ry’ababyinnyi ryo mu gihugu cya Uganda rya Triplets ghetto kids ryageze mu Rwanda aho ryaje kwitabira ibirori by Africa Heritage.

Iritsinda ryageze hano mu Rwanda aho biteganyijwe ko bataramira abanyarwanda kuri tariki 01 Mata 2023 muri marriott hotel kandi sibo bonyine dore ko bazahuriramo n’abandi ba sitari batandukanye bazaturuka mubindi bihugu bya Afurika maze berekane imico yabo.