in

Ba bana bazi kubyina cyane bageze mu Rwanda

 

Itsinda ry’ababyinnyi ryo mu gihugu cya Uganda rya Triplets ghetto kids ryageze mu Rwanda aho ryaje kwitabira ibirori by Africa Heritage.

Iritsinda ryageze hano mu Rwanda aho biteganyijwe ko bataramira abanyarwanda kuri tariki 01 Mata 2023 muri marriott hotel kandi sibo bonyine dore ko bazahuriramo n’abandi ba sitari batandukanye bazaturuka mubindi bihugu bya Afurika maze berekane imico yabo.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu  Rwanda kiliziya Gaturika yakuyeho Batisimu zo kuri Pasika

Bidasubirwaho APR FC yamaze gusinyisha umukinnyi wa mbere w’umunyampahanga