in

Ba Myugariro batatu b’ikipe y’igihugu Amavubi bakomeje kwibaza ejo hazaza

Ba Myugariro b’ikipe y’igihugu ,Amavubi bakomeje kwibaza ejo hazaza habo nyuma y’uko igihe cy’isoko ry’amakipe y’iburayi ribura icyumweru ngo rihagarare.

Mutsinzi Ange Jimmy, Nirisarike Salomon ndetse Manzi Thierry bose baheruka gukina imikino ibiri y’u Rwanda (Mozambique na Senegal) babanje mu mutima w’ubwugarizi kugeza ubu nta n’umwe ufite ikipe.

Manzi Thierry wavuzwe mu ikipe ya APR FC isoko ryo mu Rwanda ryafunze adasinyishijwe n’iyi kipe ndetse hakomeje kwibazwaho ejo hazaza he.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Namaze igihe nziko azapfa” Junior Giti yasutse amarira mu kiganiri ari kuvuga kuri Yanga

Umukunzi wa Yvan Buravan yatangaje ijambo rya nyuma Buravan yamubwiye