in

Azikunda urukundo rutavangiye: Umugabo yakoze ibisa nkibitangaje ubwo yishyiragaho igishusho cy’inzoga akunda kurusha izindi zose ku mubiri we(ifoto)

Hagaragaye umuntu ushobora kuba akunda inzoga kurusha abandi kubera igishushanyo cy’inzoga yishyizeho bigaragaraza ko azikunda urukundo rutavangiye.

Umugabo yishyizeho icupa rya Miitzing mu mugongo we mu rwego rwo kwerekana ko ntacyamurutira iyi nzoga mu buzima ubundi muri rusange abantu benshi ku Isi bakunda inzoga cyane gusa ntago bimenyerewe ko hari abazikunda kuburyo bajya no kuziyandikishaho ku mibiri yabo ariko uyu yabikoze kuko yashyize icupa ry’inzoga mu mugongo we kugira ngo azereke urukundo rudanzwe azikunda.

Ni foto yacaracaye ku rubuga rwa Instagram ndetse ikaba ikomeje kuvugisha benshi harimo n’ibyamamare bitandukanye hano mu Rwanda birangajwe imbere na Clapton Kibonke.

Nawe ihere ijisho ifoto y’umuntu wagaragarije urukundo rutavangiye inzoga:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yaguwe gitumo ari gusambana n’umugabo w’abandi maze ashaka gusimbuka itaje ngo acike ariko ibyamubayeho ni agahumamunwa (VIDEWO)

Yolo The Queen yayobotse inzira y’ibusamo nka Mutesi Jolly yo kwihena abagabo babompa inyuma amanywa na nijoro