in

“Azi kurara mu mbeho uko bimera ndetse n’uburyo inzara iryana”: Cristiano yasabiwe imigisha itavangiye nyuma yo kwemera gutanga umwe mu mitungo ye ihenze cyane kurusha iyindi yose ayiha abanya Morocco bahuye n’ibyago bidasanzwe 

“Azi kurara mu mbeho uko bimera ndetse n’uburyo inzara iryana”: Cristiano yasabiwe imigisha itavangiye nyuma yo kwemera gutanga umwe mu mitungo ye ihenze cyane kurusha iyindi yose ayiha abanya Morocco bahuye n’ibyago bidasanzwe.

Rutahizamu wa mbere ku Isi w’umunya Portugal Cristiano Ronaldo yemeye gutanga hotel ye ihenze cyane kugira ngo abanya Morocco bahuye n’ibyago byo gusenyerwa n’umutingito watumye amazu menshi asenyuka ndetse ugahitana abantu benshi cyane babone aho kuba mu gihe Leta y’iki gihugu ikiri gushaka uburyo yabafasha.

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kumva igikorwa kiza cyakozwe na Cristiano Ronaldo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hategekimana Bonheur usazwe ari umunyezamu wa Rayon Sports yavuze impamvu yateye uwa kajwiga umutoza we akamufata mu ijosi urufuzi rukaza ndetse anavuga ikintu yanga kuri Ariel Wayz na Juno

“Cyakora ni wowe uzashobora kuba muri Kigali abandi barabeshya”: Rocky nyuma yo kubona ko ari we nimero ya mbere mugusobanura filime yahisemo kwerekeza muri Basketball yambaye imyenda yatumye abakunzi be bacika ururondogoro -AMAFOTO