in

Azaza bamaze gukina na Lile: Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu Bufaransa ategerejweho byinshi mu busatirizi

Thierry Musabyimana ukinira abatarengeje imyaka 19 ba Le Havre mu Bufaransa na we yemeye gukinira Amavubi.

Uyu mukinnyi akaba yaramaze kohererezwa ubutumire ndetse n’itike aho nta gihindutse azagera mu Rwanda ku wa Mbere nyuma yo gukina na Lile U19.

Thierry Musabyimana w’imyaka 18 akaba yaravukiye mu Bufaransa ku babyeyi babiri bombi b’abanyarwanda.

Uyu aje yiyongera ku munyezamu wa Royal Union Saint-Gilloise, Maxime Wenssens na we wamaze gutumizwaho n’ikipe y’igihugu Amavubi.

Muri iri jonjora, Amavubi azakina na Zimbabwe tariki ya 15 Ugushyingo ndetse na Afurika y’Epfo tariki ya 21 Ugushyingo, ni imikino yose izabera mu Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibakozwa utwenda tw’imbere two hasi no hejuru: Abitabiriye rya serukiramuco riberamo ubusambanyi, bazindukiye ku mazi bambaye ubusa buri buri ndetse banifotoza gutyo imbere ya kamera

Umugabo yishyuriye umugore we Segonderi na Kaminuza ndetse anamushakira akazi keza, akagezemo aradamarara yihena umugabo we yisangira Musirikare bakorana