in

Aya magambo mube muyabitse ahantu: Umugabo uvuga rikijyana mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza amaze gutangaza ko iyi kipe izatwara igikombe cy’Isi kandi hari mpamvu ikomeye itumye abivuga

Aya magambo mube muyabitse ahantu: Umugabo uvuga rikijyana mu ikipe y’igihugu y’u Bwongereza amaze gutangaza ko iyi kipe izatwara igikombe cy’Isi kandi hari mpamvu ikomeye itumye abivuga.

Gareth Southgate utoza ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yatangaje ko azatwara igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Canada, Mexico ndetse no muri United States kubera ko abona afite ikipe ikomeye cyane kandi n’abakinnyi beza bashobora kubikora.

Umutoza w’u Bwongereza Gareth Southgate aya magambo ya yatangaje ubwo yari mu kiganiro n’itangazamakuru avuga k’umukino wa gishuti azakinamo na Scotland izaba yamwakiriye bikaba biteganyijwe ko uzaba tariki 12/09/2023 isaa 20h:45 kuri sitade ya Hampden Park.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sports nyuma yo kumva amagambo arimo kuyivugwaho yahise isinyisha umukinnyi wakoze ibitangaza muri Rayon Sports kugirango azaturishe KNC

Birabe ibyuya kuri Rayon Sports y’abanyarwanda! Umugi Rayon Sports igiye kujyamo muri Libya wibasiwe n’inkubi y’umuyaga wiswe Daniella aho umaze kwisasira abarenga 150