in

“Prince Kid agomba kuyabona” Mu gakanzu kagaragaza imiterere y’imbere n’inyuma ha Miss Elisa bwatumye aba ikiganiro (Amafoto)

Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2017, kuri ubu wigwijeho igikundiro cy’abafana, yakangaranyije imbuga nkoranyambaga mu ikanzu y’’ubukwe kugeza n’aho bamusabye kubereka Ishimwe Dieudonne [Prince Kid] bivugwa ko yamwambitse impeta.

Miss Elsa abinyujije kuri konti ye ya Instagram yasangije abamukurikira amafoto atandukanye yafashwe mu bihe bitandukanye ariko mu masaha amwe no mu bihe bimwe yitabiriye ubukwe bw’inshuti ze.

Ubwo yasangizaga abakunzi be aya mafoto uyu mukobwa yavuze ko ari kwishimira ubukwe bushya bwa Hirwa aho yagize ati “Ukwishimira Mr na Mrs Hirwa.’’

Nyuma y’iyi foto abantu barenga ibihumbi 10 bayikunze kugeza ubwo mu minsi itatu gusa imaze abamaze kuyigenera ubutumwa buganisha kuri nyirabwo barenga 70 bamwifuriza ibyiza gusa ndetse banagaruka ku rukundo rwabo na Prince Kid.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuherwe Todd Boehly waguze Chelsea agiye kugura indi kipe ya kabiri

Umukunzi wa Marina yananiwe kwihanganira ibyakorewe umukunzi we, bituma Marina yirukanwa mu Kazi