in

Aya mafaranga aramukoraho: Umuyobozi ukomeye afungiye kurigitisha akavagari k’amafaranga

Aya mafaranga aramukoraho: Umuyobozi ukomeye afungiye kurigitisha akavagari k’amafaranga yari kugurwamo igikoresho gifitiye akamaro abaturage.

Mwenedata Olivier wari Umunyamahanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahara ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kirehe aho akurikiranyweho icyaha cyo kurigitisha miliyoni eshanu (5,000,000) z’amafaranga y’u Rwanda yari kugurwamo imodoka y’Umurenge.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubuse uyu mwama ni uwe” umugabo n’umugore bafatanye barwana inkunduru ni uko maze abantu batangazwa n’ibyo umwana muto w’umuhungu yokoreye se ubwo intambara y’umuhenerezo yajyaga mbere(Videwo)

Uyu we ni karundura: Rayon Sports imaze gusinyisha umukinnyi w’Umunyamahanga ukomeye cyane (Amafoto)