in ,

Aya ma million Bank ntiziribuyabashe! Element yaciye agahigo karacibwa n’undi wese hano mu Rwanda

Aya ma million Bank ntiziribuyabashe! Element yaciye agahigo karacibwa n’undi wese hano mu Rwanda.

Indirimbo Fou de toi ya Element yahuriyemo abahanzi batatu Element,Ross Kana na Bruce Melody, bibaye indirimbo ya mbere irebwe cyane mu gihe gito hano mu Rwanda.

Iyi ndirimbo rero niyo yambere yinjirije akayabo nyirubwite Element mu gihe gito cyane kuko yarebwe n’abantu bagera kuri million 2 zose mu gihe cy’ibyumweru bibiri gusa.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku gakoni na Bote z’abashumba, umuherwe Aliah Cool yakuye amaboko mu mifuka ajya kuragira inka kugira ngo abone agatubutse

Yari inshuti ya bose! Benshi bashenguwe n’inkuru y’inshamugongo y’uko umutoza Coka yitabye Imana