in

“Atunze amafaranga n’udufaranga” umukire wa mbere ku isi utunzwe no gusabiriza akomeje guca ibintu nyuma yo kubona akayabo k’amafaranga y’ibitsehondetse ndetse n’imitungo ihambaye itagirwa n’ubonetse wese

“Atunze amafaranga n’udufaranga” umukire wa mbere ku isi utunzwe no gusabiriza akomeje guca ibintu nyuma yo kubona akayabo k’amafaranga y’ibitsehondetse ndetse n’imitungo itagirwa n’ubonetse wese

Umuhinde witwa Bharat Jain usanzwe ari mu bantu basabiriza mu Buhinde, amaze kuba ikimenyabose kubera gutangaza benshi bibaza impamvu asabiriza kandi afite imitungo ifite agaciro ka miliyoni 1$ (asaga miliyari 1,1Frw).

Uyu mugabo buri kwezi yinjiza amafararanga menshi dore ko ugenekereje yinjiza hagati y’ibihumbi 842 n’arenga miliyoni imwe y’amanyarwanda.

Uyu mugabo bivugwa ko afite niyindi miturirwa akodesha umuryango we wamwingingiye kurekera gusabiriza ariko aretsemba.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yazikubise yenda kuzica! Umuhanzikazi yakubise intoki z’umufana yenda kuzica ubwo yamwerekaga igitsina agashaka kugikoraho (VIDEWO)

Iyo ibiro byaguteraga ubwoba warebaga ku ruhande ukabona itako bugahita bushira! Inkumi z’ikimero n’uburanga zaserutse muri Arena mu myambaro yo mu mpeshyi (AMAFOTO)