in

Atlético Madrid irifuza bikomeye Gallagher wa Chelsea

Ikipe ya Atlético Madrid na Chelsea bari hafi kumvikana ku igurwa rya Conor Gallagher. Amakipe yombi ari mu biganiro byimbitse ku kiguzi cya miliyoni 35/40 z’amayero, harimo n’inyongera. Gusa, iki gikorwa cyose gizaterwa n’icyemezo cya Gallagher.

Uyu mukinnyi w’umuhanga agomba gufata umwanzuro w’aho ashaka kwerekeza kuko amasezerano ye na Chelsea azarangira muri Kamena 2025. Ibyo Gallagher azumvikana n’iyi kipe bigomba kuzagenderwa mu rwego two kugira aho yerekeza.

Atlético Madrid bamwifuje kuva muri Gicurasi uyu mwaka, ariko ntibabasha Ku mubona.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Shola Shoretire yasinye muri PAOK

Rashford: Nizera ko tuzabasha kwegukana ibikombe bikomeye na premier league irimo