in

Assia usigaye uba muri America n’umugabo we yavuze ko abatekereza ko muri America ari mu Ijuru bibeshya cyane(videwo)

Umukinnyi wa cinema nyarwanda Umutoni Assia usigaye uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiriye inama abantu batekereza ko muri America ari Paradizo.

Yatangarije umunyamakuru Chita Magic ko abantu bumva ko iyo ugeze muri America uba ugeza mu ijuru, bibeshya cyane ngo kuko America habayo abantu bakora gusa.

Akomeza avuga ko kandi ubuzima yari abayemo mu Rwanda, atunze abakozi, atariko ubu bimeze kuko atabona icyo abahemba.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Keza Terisky bikekwa ko atwite inda ya The Trainer bakanyujijeho yamwibasiye amwibutsa ko yibagiwe inshingano ze nk’umugabo

Neymar urembejwe n’agahinda yashyize hanze ikiganiro yagiranye n’abagenzi be nyuma yo gusezererwa mu gikombe cy’isi