in

Asize ayihesheje igikombe cy’Amahoro! Umukinnyi w’umunyamahanga waguzwe akavagari muri Rayon Sports akaba yari ayifatiye runini yayiteye umugongo ajya mu kipe y’i Nyarugenge bahora bahanganye

Umukinnyi wo hagati mu kibuga, umunya-Nigeria, Raphael Olise Osaluwe yamaze gutandukana na Rayon Sports yari amazemo imyaka ibiri.

Uyu musore uherutse gufasha Rayon Sports kwegukana igikombe cy’amahoro, ubu yamaze gusinyira ikipe ya AS Kigali.

Raphael Osaluwe wambaraga nimero 7 muri Murera, yayijemo avuye Bugesera aguzwe akavagari k’amafaranga none ubu yamaze gusinyira AS Kigali.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza yaramubeshye ntabwo yigeze amubabarira: Yamen Zelfani nyuma yo gusuzugurwa na Hategekimana Bonheur ahisemo kumukorera ibintu bibi atazigera yibagirwa mu mateka ye 

Yabikoraga nk’umuntu utazongera kubibona: Miss Iradukunda Elsa wa Prince Kid yirekuye ku rwego rwo hejuru mu birori byo gusezera ubukumi bwe maze bitungura abarebyi -VIDEO