in

Asigaye afite uburyo akoramo utuntu twe: Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya maze bamwe kwifata biranga batangira kumubazaho bibera -AMAFOTO

Asigaye afite uburyo akoramo utuntu twe: Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya maze bamwe kwifata biranga batangira kumubazaho bibera.

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kenny Sol uherutse gukorana indirimbo na Harmonize yise “One More Time” yashyize amafoto meza cyane ku mbuga nkoranyambaga ze maze bamwe mu bakunzi be batangira kumubazaho yambarira abandi bati uraberwa.

Amafoto:

Bimwe mu byo abakunzi ba Kenny Sol bagiye batangaza nyuma yo kubona amafoto ye:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Operation “Genda uze umuzanye”! Biramahire Abedi birangiye abanyamujyi bagiye kumwizanira i Bujumbura – IFOTO

Bigirimana Abedi yamaze gusinyira ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo gushakwa na Rayon Sports bikitambikwa na Kiyovu Sports