in

Ashaka kujya mu matsinda ifoto ye yarahindutse pe! Umukunnyi w’ikipe ya Rayon Sports akomeje gushimisha benshi nyuma yo kumara iminsi atagaragara aho agarukiye akaza mu yindi sura

Ashaka kujya mu matsinda ifoto ye yarahindutse pe! Umukunnyi w’ikipe ya Rayon Sports akomeje gushimisha benshi nyuma yo kumara iminsi atagaragara aho agarukiye akaza mu yindi sura

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports akomeje kuvugisha benshi nyuma y’iminsi atagaragara mu bandi bakinnyi ariko aho agarukiye aza yahindutse.

Ku munsi wejo hashize ikipe ya Rayon Sports yakomeje imyitozo yitegura umukino ifitanye nikipe ya Al Hilal Benghazi yo mu gihugu cya Libya kuri uyu wa gatandatu uzaba ari umukino wo kwishyura wa CAF Confederations Cup.

Ikipe ya Rayon Sports muri iyi myitozo yakoze rutahizamu Mugadam Abkar Mugadam yagaragaye mu mafoto ubona ko asa ukundi nyuma yo guhindura ibara ry’utwanwa (Tentile), bugahabwa ibaru ry’umuhondo.

Uyu rutahizamu yari amaze iminsi adakora imyitozo nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize ubwo iyi kipe yari irimo kwitegura umukino ubanza bari mu gihugu cya Libya. Mugadam Abkar Mugadam agarukanye mu myitozo na Youseff Rharb ndetse na Hakizimana Adolphe bose bari bavunitse.

 

 

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wa APR FC yemeje ko agomba gutsinda igitego ikipe ya Pyramid FC uko byagenda kose yabanzwa mu kibuga cyangwa akajyamo asimbuye

Ibi byo biteye ubwoba cyane! Umunyeshuri w’imyaka 14 yateye mwalimu we icyuma mujisho ntiyanyurwa asingira n’abandi banyeshuri bigana abakorera ibyamfurambi