in

AS Kigali yongeye kwitambika Rayon Sports kuri rutahizamu w’igihangange wari wamaze kumvikana na Gikundiro

Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana na rutahizamu Mpuzamahanga ukomoka mu gihugu cya Nigeria witwa Aboubacar Lawal.

Uyu rutahizamu wahoze muri AS Kigali yamaze gutandukana na Vipers FC yo mu gihugu cya Uganda bitewe n’uko umusaruro we wabaye mucye mu gihe gito ayimazemo.

Nyuma yo kwirukanwa na Vipers FC, Aboubacar Lawal yashakaga gusinyira Rayon Sports ndetse ibiganiro byari bigeze ku musozo ariko AS Kigali yamaze guhita yitambika ikaba ari yo ifite amahirwe menshi yo kumwegukana.

Rayon Sports iri kuvugwa mu biganiro n’abandi ba rutahizamu benshi barimo Jean Marc Makusu Mundele ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Haringingo Francis akomeje kurebana ay’ingwe n’umukinnyi wa Rayon Sports

Heritier Luvumbu yashyize hanze amazina y’abakinnyi badakwiye kuba bakina muri Rayon Sports