in

AS Kigali yongeye kudabagiza abakunzi b’umupira w’amaguru

Ikipe ya AS Kigali yashyizeho uburyo bwo kuzabasha kureba umukino wayo na AL NASR uzaba kur’uyu wa gatandatu saa Kenda za manwa kuri stade mpuzamahanga ya Huye.
AS Kigali yatangajeko kureba umukino wayo ar’ubuntu gusa bigasaba kubanza kw’iyandikisha ukanze *939# ugahitamo ikiciro ushaka kuzicaramo uretse mu myanya ya VIP aho kwinjira ari ukugura ticket y’ibihumbi icumi (10000).


Ikipe ya AS Kigali yageze mu kiciro gikurikiyeho nyuma yo gusezerera ikipe ya AS Djibouti Telecom ku giterenyo kigitego kimwe kubusa mu mikino yombi.Ibyi byatumye AS Kigali ikomeza mu kindi kiciro aho izahura n’ikipe ya EL NASR kur’uyu wa gatandatu saa Kenda za manwa kuri stade mpuzamahanga ya Huye.
Kwinjira nkuko byari ubuntu ku mikino wari wabahuje na AS Djibouti Telecom nanone kur’uyu mikino kwinjira n’ubuntu.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa APR FC yabwiye ubuyobozi ko umutoza Mohammed Adil ababwira amagambo abakomeretsa

Rwanda: inzu bivugwa ko irimo abazimu ikomeje gutera ubwoba abatari bake