in

As Kigali yisasiye Etiencelles Fc mu gihe Police Fc yo ibambiwe i Gorigota

As Kigali yisasiye Etiencelles yari yayjsuye mu gihe Police Fc yo ibambiwe i Gorigota kwa Sunrise Fc ikizamuka.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda yatangiye aho yatangiye hakinwa imikino itatu.

Umukino wa mbere ni uwahije As Kigali na Etiencelles ukaba waje kurangira ari ibitego bibiri ku busa bwa Etiencelles. Ibyo bitego byatsinzwe na Hussein Tchabalala.

Indi mikino ni Police Fc yatsinzwe na Sunrise ikizamuka mu kiciro cya mbere igitego kimwe ku busa mu gihe Espoir Fc yo yatsindaga Marine Fc igitego kimwe ku busa.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben n’umukunzi we Pamela babonye akazi mu kigo kimwe

Ba bapilote basinziriye batwaye indege ikarenga aho igiye, bafatiwe ibihano bikakaye