in

Ba bapilote basinziriye batwaye indege ikarenga aho igiye, bafatiwe ibihano bikakaye

Ki munsi wo ku itariki ya 15 kanama 2022 nibwo indege uya Boeng yavaga muri kenya yerekeza muri Ethiopia muri company itwara abantu n’ibintu mu kirere izwi nka Ethiopian airlines yarengaga aho yari igiye.

Amakuru dukesha BBC avuga ko aba bapilote bari batwaye indege ya Boeing 737-800 byari biteganyijwe ko bagombaga kugwa kuri Bole Airport, gusa ngo baje kugera mu kirere cy’aho indege yagomba kumanukira bakiri ku butumburuke bwo hejuru ndetse indege iri mu buryo bwo kwitwara buzwi nka ‘Auto Pilot’.

Aba bapilote babaye bahagaritswe kugira ngo habanzr hakorwe iperereza ku cyatumye aba bose basinzira cyangwa se bahahwa imburo ntibumve cyangwa ngo basubize bigasaba kuzenguruka bakora urundi rugendo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

As Kigali yisasiye Etiencelles Fc mu gihe Police Fc yo ibambiwe i Gorigota

Burya Yanga yitabye Imana ku munsi w’amavuko y’umwana wa Junior Giti