in

As Kigali yandagaje bikomeye cyane ikipe ya Kiyovu sport muri shampiyona

Nyuma yaho ikipe ya Kiyovu sport itsinzwe na Gasogi united mumukino wabahuje imaze gutsindwa bikomeye cyane n’ikipe ya AS KIGALI iyitsinda ibitego 4-2

Wari umukino ukomeye cyane aho amakipe yo mu mugi wa Kigali yari yahuye aho As Kigali ihaye isomo ikipe ya Kiyovu sport.

Kiyovu sport ikomeje gutakaza amahirwe yo gutwara igikombe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Roberto Firmino akomeje kuryoherwa n’ibiruhuko mu birwa bya Maldives hamwe n’umufasha we

Baciye amazimwe:Bruce Melodie na Christopher bavuze ukuri mu ihangana ryabo rimaze imyaka hafi 10