in

AS Kigali igera muri Libya kumugoroba wejo hashize.

Ikipe ya AS Kigali yageze muri Libya aho igiye gukina na Al Nasr mu mukino wo kwishyura w’Ijonjora rya Kabiri rya CAF Confederation Cup.

AS Kigali kuruyu mugoroba iraye muri Libya aho igiye guhatana na Al Nasr yavuye mu Rwanda yemye mumukino ubanza  banganije  0-0 nagitego yinjijwe, aho AS Kigali  mugice cyambere yakiniye mwizamo ryayo ariko ikabura igitego. Kandi Aya  ama ekipe yo muribi bihugu byabarabu atamenyerwa iwayo , izavayo amahoro, doreko APR FC yo yavuyemo itarenze umutaru ikuwemo nu mwarabu?! Aho kapiteni Haruna yatangajeko biteguye cyane  kandi bazatanga ibyishimo kubafana ndetse naba nyarwanda Bose muri rusange. Ese AS Kigali uzagaruka amahoro niyi AL Nasr ifite abasimbura bakomeye kurusha ekipe yabanjemo doreko mugice cya kabiri yahinduye umukino ikarata amahirwe ku munota wanyuma??

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa arashinjwa gutera icyuma umuhungu bakundanaga akarinda apfa

Yikoreye ikibindi kinini cyane Mama Sava yishimiye umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro.