in

Arusha abagore benshi kuyizunguza! Haaland n’imisatsi ye barikoroje _ AMAFOTO

Erling Braut Haaland , rutahizamu wa Manchester City ukomeje kuzengereza ubusatirizi bw’amakipe , imisatsi ye ikomeje kurikoroza.

Ku munsi wejo kuwa Gatandatu, ku isaha ya saa Kumi n’ebyiri n’igice nibwo ikipe ya Manchester City yakinaga na Leicester City mu mukino w’umunsi wa 31 wa shampiyona.

Muri uwo mukino Manchester City yatsinzemo ibitego bitatu kuri kimwe.
Gitsinzwe na John Stones wafunguye amazamu, ku munota wa 5 ahawe umupira na Rodri ndetse n’ibindi bibiri byatsinzwe na Erling Haaland.


Haaland usibye kuba yarujuje ibitego 32 muri shampiyona ikibura imitsi 7 ngo irangire, imisatsi ye nayo yavugishije benshi kubera uburyo yayizunguzaga ubwo abakinnyi bari bagiye kuruhuka igice cya mbere kirangiye.

Haaland azunguza imisatsi

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali byakomeye! Umukobwa yanyweye inzoga ageze mu muhanda kugenda biramunanira imvura imukorera ibyamfurambi -Amashusho

“Ngewe ndi umumansuzi nzunguza ikibuno kandi ubu ntakariso nambaye ! ” Umukobwa yatanze igisobanuro k’indaya(Amashusho)