in

Arikwaka umushahara wa Miliyoni imwe nk’abayobozi! Rutahizamu wa APR FC w’umunyarwanda yabengutswe n’ikipe y’i Kigali gusa ari kuyisaba umushahara uhanitse cyane

Arikwaka umushahara wa Miliyoni imwe nk’abayobozi! Rutahizamu wa APR FC w’umunyarwanda yabengutswe n’ikipe y’i Kigali gusa ari kuyisaba umushahara uhanitse cyane.

Ku munsi wejo ni mugoroba Perezida wa Kiyovu Sports Association, Ndorimana Jean François Regis uzwi nka ‘General’ yahamagaye Mugunga Yves amusaba ko bahura, umuhungu ahita yatsa imodoka yo mu bwoko bwa Benz agendamo aragenda barahura.

Mu biganiro bagiranye, General yasabye Mugunga Yves ko yabakinira maze umukinnyi na we ababwira ko bavugana na APR FC bakagura amasezerano y’umwaka umwe abafitiye.

Ubundi bakimara kugura amasezerano bafite we bakamuha miliyoni 10 z’amanyarwanda ndetse bakajya banamuha umushahara wa miliyoni 1 y’Amanyarwanda ku kwezi.

Nibabyubahiriza araza kubasinyira umwaka umwe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni iyihe nama wagira umusore udashaka gukora ubukwe! Iki kibazo ubwo cyabazwaga ku rubuga rwa twitter, abantu benshi bagaragaje uruhande babogamiyeho bitewe n’uburyo bagisubije

Kiyovu Sports igiye gushyirwa ku munzani nyuma yo kugura abakinnyi b’abanyamahanga ariko kugeza ubu abantu bakaba babona itarafata irangi