in

“Ariko ubuntu bw’Imana ni bwo bwatumye mba uko ndi, kandi ubuntu bwayo nahawe ntibwabaye ubw’ubusa” Umukinnyi mushya wa APR FC yatunguye abantu ubwo yagaragazaga amarangamutima ye yifashishije ijambo ry’Imana ryo muri Bibiliya yera

“Ariko ubuntu bw’Imana ni bwo bwatumye mba uko ndi, kandi ubuntu bwayo nahawe ntibwabaye ubw’ubusa” Umukinnyi mushya wa APR FC yatunguye abantu ubwo yagaragazaga amarangamutima ye yifashishije ijambo ry’Imana ryo muri Bibiliya yera.

Taddeo Lwanga werekanywe muri APR FC yerekanye amarangamutima ye nyuma yo kugera muri iyi kipe.

Yifashishije urukuta rwe rwa Twitter, yasohoye amafoto ari gusinya ni maze yikoza muri Bibiliya agaragaza amarangamutima ye.

Yifashishije urwandiko rwa mbere Paulo yandikiye Abakorinto igice cya 15 umuryango wa 10, yagaragaje amarangamutima ye.

1 Abakorinto 15:10 hagira ati: “Ariko ubuntu bw’Imana ni bwo bwatumye mba uko ndi, kandi ubuntu bwayo nahawe ntibwabaye ubw’ubusa, ahubwo nakoze imirimo myinshi iruta iya bose, nyamara si jye ahubwo ni ubuntu bw’Imana buri kumwe nanjye.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Papa aragukunda cyane maraso yanjye” Bwa mbere rutahizamu Leander Onana wakiniraga Rayon Sports yerekanye umwana we – IFOTO

“Yari yambaye ubusa buri buri usibye indabo z’umutuku yari yakinze ku mabere ye” Linda ukina muri Filime Umuturanyi yashyize hanze ifoto yambaye ubusa(ifoto)